The page
Nzi abantu benshi urukundo rwababaje, gusa nzi nabandi benshi ubu bibereye mumunyenga warwo, ariko ikiriho nuko gukunda ugakundwa ahari byo ni byiza ariko kandi kugira umwaku wagukunda utagukunda bikababaza cyane kugeza aho wumva ko isi yose nta rukundo rukibamo ese koko urukundo rwarashize mwisi cyangwa ni mubitekerezo no mu mitwe yacu twe abantu?????
Iyi story yitwa page(paji) ni story yurukundo nkibisanzwe iraza kugufasha gusobanukirwa neza niba koko urukundo ruriho cyangwa ari igihuha.
Dutangiriye mu mwaka wa 1990, I sonevi ni ahantu abantu baza kuruhukira iyo umuntu ashaka akaruhuko nta nkomyi araza akicara, murubwo busitani ubundi akitekerezaho agasubiza ubwenge kugihe hari abari kuganira ni abavandimwe ba biri ( jessy na jesica) ni abana bimpanga bazanye na ababyeyi gusa ubina ko basa nbababitaje bari kure yabo,
Jessy: (ni we mukuru) nonese ko utari kumbwira koko wumvise mam abivuga ?
Jessca:(ni we muto) yego rwose ubanza
![]() |
Egide IYOKWIZERWA Joined: Oct-20-2024 |